#Inkomezamihigo z'Akarere ka Kayonza namwe Bafatanyabikorwa mutumiwe muri siporo rusange yihariye y'abagore. Tuzahagurukira centre ya kayonza twerekeza ku kibuga cya Nyamirama. Ni kuri iki cyumweru tariki 2/6/ 2024 guhera saa moya za mu gitondo.
#SiporoNiUbuzima #AbagoreTwagiye
Uyu umunsi mu karere hizihijwe umunsi wahariwe imbonezamikurire y'abana bato ufite insangamatsiko igira iti:''Hehe n'igwingira,Umwana wanjye isheme ryanjye' wabereye Nyamirama Sector/Kayonza Akagari ka Rurambi,witabirwa n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imbibereho Myiza J. Damascene.
Aba banya Kayonza bati” VisitKayonza ni ishema ryacu tukuri inyuma warakoze kumenyekanisha Akarere kacu ubu Kayonza izina yarifite ha mbere rimaze kwaguka cyane, henshi bamaze gusobanukirwa akarere kacu” duhita dufata n’agafoto 📸 😂
Nawe mvugira uti #VisitKayonza
Na #VisitKayonza nayo irahari imurika ibikorwa byayo bimenyekanisha akarere ka Kayonza.
Kayonza District
Happening now: In Kayonza District, Nyamirama sector in Kabuya 2 Nurturing Care Hub, YWCA through USAID Rwanda Gikuriro Kuri Bose activity is celebrating ECD Day, a bi-annual event that takes place in each district. 1/2
Uyu munsi Umuyobozi w'Akarere wungirije J. Damascene yifatanyije na Rwinkwavu District Hospital ( official) kwizihiza umunsi mpuzamahanga w' abaforomo/kazi. Bashimiwe ubwitange bakorana umwuga Kandi bizezwa ko inzego zinyuranye ziharanira kunoza serivise z'ubuzima no kurushaho gutanga serivise nziza.
Mu ijambo rye, Umuyobozi w'Akarere Nyemazi John Bosco yashimye uruhare rw'urubyiruko muri gahunda zitandukanye z'iterambere mu byiciro bitandukanye.
Yagarutse ku mateka aho yibukije urubyiruko ko rukwiye kurushaho kumenya amateka, bagasigasira ibyagezweho,