Water and Sanitation Corporation Group |Rwanda
@wasac_rwanda
The Official Twitter Handle of Water and Sanitation Corporation Group (WASAC Group Ltd) /Toll Free Number 3535 / Email : [email protected]
ID:2797437306
http://www.wasac.rw 08-09-2014 08:07:44
19,9K Tweets
51,0K Followers
348 Following
Follow People
Turamenyesha abafatabuguzi bacu ba Kicukiro District,Gasabo District na Rwamagana District mu Mirenge ya #Kanombe , #Kimironko , #Ndera , #Masaka , #Nyarugunga , #Rusororo , #Muyumbu , #Nyakaliro , #Nzige na #Karenge ko kubera ibikorwa byo guhuza imiyoboro, uyu munsi batabona amazi. Mutwihanganire!
Umunyamabanga uhororaho muri Ministry of National Unity and Civic Engagement Eric Mahoro yanashimiye #Indemyabuzima za #WASACGroup zishoje Itorero ku gikorwa cyiza cya #KoraNdebe bakoze, aho bubatse ivomero ry'amazi asukuye mu kigo cy'ubutore cya #Nkumba , Intore zitabiriye Itorero zizajya zifashisha.
Umunyamabanga Uhoraho muri Ministry of National Unity and Civic Engagement Eric Mahoro yasoje icyiciro cya 2 cy'Itorero ry'abakozi 415 ba #WASACGroup abasaba kuba umusemburo w'impinduka zigamije kunoza imikorere,bimakaza indangagaciro na kirazira z'umuco nyarwanda mu mitangire ya serivisi z'amazi isuku n'isukura.
Turamenyesha abafatabuguzi bacu batuye Nyarugenge District
na Kicukiro District mu Mirenge ya #Mageragere na #Kigarama bari babuze amazi kubera iyangirika ry'umuyoboro ko twasoje gusana dusubizamo amazi.Uko imiyoboro igenda yuzura abari babuze amazi baraza kugenda bayabona.Mwarakoze.
Uyu munsi,Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinzwe Itorero n’Iterambere ry’Umuco Julienne Uwacu,yatangije k'umugaragaro Itorero ry’abakozi ba #WASACGroup icyiciro cya 2 abasaba kurushaho kunga ubumwe, kunoza imitangire ya serivisi z'amazi,isuku n'isukura no gukunda igihugu.
Turamenyesha abafatabuguzi bacu batuye City of Kigali muri Nyarugenge District
na Kicukiro District mu Mirenge ya #Mageragere na #Kigarama ko kubera iyangirika ry'umuyoboro munini, badafite amazi.Turi gusana ahangiritse ngo vuba bishoboka basubirane amazi. Tubiseguyeho!
Turamenyesha abafatabuguzi bacu ba Nyarugenge District na Gasabo District ko kubera imirimo yo guhuza imiyoboro izakorwa ku Cyumweru 5/5/2024,Imirenge ya #Muhima , #Gitega , #Nyarugenge , #Kimisagara , #Gatsata na #Kimihurura izabura amazi.Abo bireba babika amazi bazakoresha uwo munsi. Murakoze
Turamenyesha abafatabuguzi bacu ko kubera iyangirika ry'umuyoboro ryabereye ku mugezi wa Kabebya ,ibice by'Imirenge ya #Kinazi muri Ruhango District, #Mugina muri Kamonyi District na #Kibirizi muri Nyanza District bidafite amazi.Turakora ibishoboka byose ducyemure ikibazo. Tubiseguyeho!
Turamenyesha abafatabuguzi bacu batuye i Gatsibo District ko kubera iyangirika ry'umuyoboro uvana amazi ku ruganda rwa #Gihengeri ryabereye Nyabicwamba, Imirenge ya #Kabarore , #Gitoki na #Gatsibo badafite amazi.Turakora ibishoboka byose tubasubize amazi. Tubiseguyeho!
Turamenyesha abafatabuguzi bacu Kicukiro District na Nyarugenge District mu bice byari byabuze amazi kubera ikibazo cya tekiniki kuri moteri izamura amazi #Karama (Water pumping station),ko twacyemuye ikibazo. Abari babuze amazi baraza kugenda bayabona,uko imiyoboro igenda yuzura.Murakoze.
Turamenyesha abafatabuguzi bacu ba Kicukiro District na Nyarugenge District mu Mirenge ya #Nyamirambo , #Kagarama , #Gatenga na #Gahanga ko kubera ikibazo cya tekiniki kuri moteri izamura amazi i #Karama (Pumping Station),badafite amazi. Turakora ibishoboka byose tubasubize amazi.Tubiseguyeho!
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwaremezo Patricie Uwase yashimiye ubuyobozi bwiza bwahaye agaciro Abanyarwanda, asaba abakozi ba #REG na #WASACGroup kwigira ku mateka, kurwanya ihakana n'ipfobya rya Jenoside no gusigasira ibyagezweho hagamijwe kubaka u #Rwanda twifuza.
Mu ijambo rye Prof. Omar Munyaneza yavuze ko Kwibuka Abakozi bakoreraga #ELECTROGAZ bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biha umukoro abakozi ba #REG na #WASACGroup wo kwirinda icyabacamo ibice, bagashyira hamwe,baharanira ko ibyabaye bitazongera kubaho ukundi. #KwibukaTwuyubaka
Abakozi ba #WASACGroup na #REG ,imiryango n'inshuti z'abahoze bakora muri #ELECTROGAZ , kuri uyu wa Gatatu bahuriye Kigali Genocide Memorial mu gikorwa cyo Kwibuka abari abakozi ba #ELECTROGAZ bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. #KwibukaTwiyubaka Ibuka Rwanda Ministry of Infrastructure | Rwanda
Turamenyesha abafatabuguzi bacu batuye Burera District na Musanze District bari babuze amazi kubera iyangirika ry'umuyoboro ko twasoje kuwusana dusubizamo amazi.Uko imiyoboro igenda yuzura abari bayabuze baraza kugenda bayabona.Mwakoze kutwihanganira!
Turamenyesha abafatabuguzi bacu batuye Kicukiro District mu Murenge wa Niboye Sector mu Kagali ka #Niboye ko kubera kuziba kw'imiyoboro ihageza amazi,nta mazi bafite. Turi gukora ibishoboka byose ngo ducyemure ikibazo, vuba hashoboka basubirane amazi.Tubiseguyeho!
Turamenyesha abafatabuguzi bacu i Musanze District na Burera District mu Mirenge ya Gahunga,Kinoni,Rugarama,Cyanika,Kagogo,Nyange,Cyuve na Gacaca ko kubera iyangirika ry'umuyoboro munini,badafite amazi. Turakora ibishoboka byose dusane ahangiritse,tubasubize amazi.Tubiseguyeho!