National Child Development Agency | Rwanda
@Rwanda_Child
The official X handle of the National Child Development Agency | Rwanda
ID:791276767
https://www.ncda.gov.rw/ 30-08-2012 10:08:18
7,0K Tweets
16,5K Followers
302 Following
Uyu munsi i Nyanza habereye inama ku bikorwa bya gahunda ya 'Sugira Muryango', igamije kwita ku mikurire y'abana bato bari munsi y'imyaka itatu no kurwanya amakimbirane mu miryango. Iyi gahunda ya 'Sugira Muryango' ishyirwa mu bikorwa n'umushinga FXB Rwanda..(1)
Uyu munsi, Abanyarwanda n’isi yose turibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Hatangiye kandi Icyumweru cy'Icyunamo ku rwego rw'Igihugu, n’iminsi 100 y’ibikorwa byo kwibuka.
Twibuke twiyubaka.
#Kwibuka30
Nyuma yo gutera imboga mu mirima y'igikoni ku nsengero, amavuriro n'inyubako za Leta, Guverineri, Umuyobozi Wungirije wa National Child Development Agency | Rwanda n'abandi bayobozi basuye ibiribwa biboneka mu karere banagaburira abana indyo yuzuye. Abana kandi bapimwe imikurire yabo.
Uyu munsi muri Rutsiro District hatangijwe “Umuganda ushingiye ku bumenyi-Professional Umuganda” uzamara amezi 6, ugamije kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana bato, rigeze ku kuri 44.5% muri aka karere.
Ibikorwa biteganyijwe birimo:
🥦gushyira uturima tw’igikoni ahantu…
This afternoon, DG INGABIRE Assumpta and team met with USAID Rwanda team led by Ana Bodipo-Mbuyamba, Director of USAID Rwanda Health Office. Their discussions focused around partnership in Nutrition, Early Childhood Development (ECD) and Child protection.
Umuyobozi mukuru wa NCDA INGABIRE Assumpta yifatanyije n’itsinda riri gutegura ibikorwa bigamije guteza imbere imirire, kurinda no kurengera umwana; bizakorwa muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka 5 yo kwihutisha iterambere rirambye ( NST 2: 2024 – 2029).
Minisitiri Dr. Valentine Uwamariya na Guverineri Maurice Mugabowagahunde wa Northern Province/ Rwanda bayoboye inama mpuzabikorwa yo kurebera hamwe ingamba zo gukemura ibibazo bikibangamiye umuryango muri iyi ntara. Iyi nama yitabiriwe n'abayobozi b'uturere, inzego z'umutekano n'abafatanyabikorwa batandukanye.
.Dr. Valentine Uwamariya yasabye inzego zitandukanye gufatanya gushakira umuti ibibazo by’amakimbirane mu miryango, ubuharike, ihohotera rishingiye ku gitsina, imirire mibi ku bana, ubusinzi n’ibindi bitera ubwumvikane buke, abasaba kwegera no kwigisha imiryango bakayifasha kubivamo.
Today, Save Generations Org 's Board Chairperson Emilienne Kabega, Deputy Chairperson Muhikira Benson,staff from management and consultant met with National Child Development Agency | Rwanda DG INGABIRE Assumpta and team for partnership and collaboration btn Save Generations Org and National Child Development Agency | Rwanda in child development and protection