𝗨𝗺𝘂𝘁𝗶 𝘄'𝘂𝗯𝘂𝗸𝗲𝗻𝗲 ni 𝘂𝗴𝘂𝗸𝗼𝗿𝗮 no 𝗴𝘂𝗳𝗮𝘁𝗮 𝗶𝗰𝘆𝗲𝗺𝗲𝘇𝗼 𝗸𝗼 𝘂𝗴𝗼𝗺𝗯𝗮 𝗸𝘂𝗯𝘂𝘃𝗮𝗺𝗼.
⚠️: 𝗜𝘆𝗼 𝘂𝘁𝗮𝗯𝘂𝗿𝗮𝗸𝗮𝗿𝗶𝘆𝗲 𝗻𝘁𝘂𝘀𝗵𝗼𝗯𝗼𝗿𝗮 𝗸𝘂𝗯𝘂𝘃𝗮𝗺𝗼.
🎙️𝗠𝗶𝗻𝗶𝘀𝗶𝘁𝗶𝗿𝗶 J Claude Musabyimana
@GiraWigire
Ubutumwa bwa Ministry of Local Government | Rwanda via PS Samuel DUSENGIYUMVA
'Urugendo rwo kuzamuka mu mibereho ni urugendo umuntu abanza gukora ku giti cye,...'
#GiraWigire
Nyuma y’umuganda abaturage bahawe utumwa bukurikira:
🔸Kwibutsa abaturage gukora cyane bakivana mu bukene: #GiraWigire ;
🔸kwita ku Isuku n'Isukura
🔸Kurwanya ruswa n'akarengane
🔸Uburenganzira bwa muntu.
🔸Gukomeza kurwanya Ibiza hazirikwa amazu neza
MUKANDAYISENGA Clementine,
▪️Yahoze acururiza mu muhanda (umuzunguzayi),
▪️Ubuzima bwarahindutse nyuma yo kujya gukorera mu isoko,...
#GiraWigire
Abaturage bakomeje Kandi bashishikarijwe gukora cyane ndetse banasobanurirwa gahunda ya Leta yo gufasha Abaturage kwikura mu bukene,
#GiraWigire .
2/2
Muri zo harimo:
🔸Kwitegura amatora yo muri Nyakanga, 2024 bafata indangamuntu banireba ku rutonde rw’abatora: *169#);
#GiraWigire :Kwivana mu bukene;
🔸Kwireba, kwiyandikisha no gukosoza amakuru y'imibereho y'ingo muri sisiteme #imibereho : *195# cyangwa kujya ku biro by’Akagari.
Uyu munsi mu murenge wa Umurenge wa Kamabuye - Akarere ka Bugesera mu tugari twose tugize uwo murenge habaye inteko z'abaturage zaganiriwemo gahunda za Leta ibi bikirikira:
-Gushishikariza abaturage kwikura mu bukene #Girawigire .
-Kwirinda Ibiza n'ingaruka zabyo
_ kwimakaza umuco w'isuku n'isukura.
1/2
Rwamagana: Hatangijwe amahugurwa y’abanyamakuru n'abakozi b’Uturere n’Intara y'Iburasirazuba bashinzwe itangazamakuru n'itumanaho, mu rwego rwo kubasobanurira gahunda ya Guverinoma yo gufasha ingo z'amikoro make kwikura mu bukene n'uko iri gushyirwa mu bikorwa.
#GiraWigire
Abaturage bakomeje Kandi bashishikarijwe Kandi gukora cyane ndetse banasobanurirwa gahunda ya Leta yo gufasha Abaturage kwikura mu bukene,
#GiraWigire .
Uyu munsi mu murenge wa Umurenge wa Kamabuye - Akarere ka Bugesera hizihijwe umunsi Mpuzamahanga w'Abagore, aho hatanzwe Inka muri Gahunda ya #GIRINKA ndetse n'andi matungo magufi hagamijwe gufasha Abaturage kwikura mu bukene.
#Girawigire
Uyu munsi haraterana Inteko z’Abaturage zibera ku rwego rw'Akagari.
Tuzitabire kugira ngo turusheho kugira uruhare mu kwikemurira ibibazo, no kugira uruhare mu bikorwa.
#GiraWigire
Mu butumwa bwahawe abitabiriye harimo:
➡️Kurwanya ibiyobyabwenge n'inda zitateguwe.
➡️ Kwirinda Malaria
➡️Ubutumwa bujyanye no gutangiza icyumweru cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
➡️Ubutumwa bukangurira Abaturage kwivana mu bukene #GiraWigire
Uyu munsi harateranye Inteko z’Abaturage kurwego rw'Umurenge zabere ku rwego rw'Akagari ka Rugando cell, nyarugenge sector,Bugesera distr abaturage bazitabiriye bagira uruhare mu kwikemurira ibibazo, no kugira uruhare mu bikorwa by'iteranbere
#GiraWigire
Ubuyobozi bw'Intara y'Iburasirazuba bubifurije umunsi mwiza w'umurimo.
#UmuturageKuIsonga #GiraWigire
Uyu munsi mu murenge wa Umurenge wa Kamabuye - Akarere ka Bugesera , habaye amahugurwa agamije gusobanurira abagenerwabikorwa ba VUP/NSDS bahabwa iyi nkunga ko basabwa kuyifashisha bikura mu bukene.
#Girawigire .
Uyu munsi, haraterana Inteko z’Abaturage zibera ku rwego rw'Akagari, zibanda ku gukemura ibibazo by'abaturage.
Ziraganira kandi ku:
-Gukumira ibiza n'ingaruka zabyo;
-Kuzuza amakuru y'ingo muri sisitemu y'Imibereho;
-Gushishikariza abaturage kwikura mu bukene. #GiraWigire